Love s2e12

 

LOVE'S LIES
Season 2
Episode 12
Writer Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Web: eddyseries4all.blogspot.com
__________________________________
Episode 11 Yarangiye Jimmy amaze kwicwa mbese tunamenye uburyo yishwe na Yvan ndetse anavuze ko MUBAMUHEMUKIYE BOSE! Ari Intango ahubwo n abandi abaziye.
Nikita yarimo kugerageza ya Microship gusa iyo twakekaga ko nayiteranya bizamugiraho ingaruka kuko bazabona location bigatuma Yvan afatwa agasubizwa muri HSA atarangije kwihorera, !
ESE NIKI CYAKURIKIYE ?
.
..
.
.
Dutangirire kuri Yvan na Nikita inyuma y'Icyumweru Yvan yivuganye Jimmy mubwongereza ,
Nikita "Ufite iyihe Plan ikurikira ?"
Yvan"Ukurikira ni Os company"
Nikita"ubitegekanya ute ?"
Yvan" ngewe ndi umuhanga muri Technology ,rero nkumuhanga uba ugomba kumenya ko niba wakoze Software uba ugomba gusigarana copy ya BackUp.
Rero niba narakoreye Company zose za muzehe Bahe Arizo OS (Online Services) na ACC (Abandoned Children Company) zose nzifite muminwe yanjye"
Nikita"None ngewe Role yanjye iraba iyahe?"
Yvan"Nakagusabye kuba online aha ariko ikibazo ntabwo uri umuhanga uhagije kuri mudasobwa Nicyo kibazo mfite"
Nikita"Nshobora kuba ntari umuhanga kuri mudasobwa ariko kuri Terrain nabibasha ngiriye kuri guide yawe"
Yvan"Nikita ,aka kazi karakomeye cyane kandi kujya kuri terrain bifite Risk nyinci..."
Atari yakomeza Nikita amunyuramo ati"Yvan, Ndagukunda !Rero kuva ngukunda ntakintu ntakora ngo wowe ubashe kubona umutekano kandi umutekano wawe ni umunezero kuri nge n'Umwana wacu.
Nyizera ndabikora kandi neza cyane"
Yvan aramwitegereza arangije ahita amuhobera !!!
.
...
.
.
Twigarukire Kuruganda rwa Os,
Hari uwahageze mubakandinda bari bagiye guhatanira akazi muri iyo company cyane ko bashakaga abakozi bashasha,
Uwo nawe si uyundi ni Nikita wihinduye kuburyo utabasha kumumenya,
Baraje aho babakirira barabakira guSa Nikita aguma kuri phone cyane banavugana na Yvan wari wasigaye kuri machine urugo,
Sasa ndebera umucezo bakoze.
Nikita mbere yuko aza babanje kuganira,
Yvan"Akira izi wireless airphone,uragenda uzambaye mugihe phone yawe iri buze kuba irimo kuvuza umuziki.
Ndabazi bafite umutekano uhakinga buri system yose ibinjiriye.
Wowe nibaguhakinga baraza kubona uri kuvuza umuziki nkibisanzwe ariko airphone ndetse na phone ubwayo biraza kuba biri gukorera background (inyuma) tuvugana mwibanga"
Nikita"Sawa"
KUMBE KOKO UKO BABIVUGANYE NIKO BIMEZE ,
uko bicaye muri salle bategereje ikibazo phone zabo zose zabaye hacked gusa iya Nikita babona ibiri kuri ecran ariko nyamara murugo Yvan ari gukoresha phone ya Nikita yinjira muri system ya company yose cyane ko azi code zose !!!
Bamaze kuzisuzuma babona ntawufite ikibazo kuri phone ye habe n'Intwaro bitwaje .
Uwuhagarariye ikibazo yaciye yinjira atangira kubaha amabwiriza y'ikibazo.
.
..
.
.
Tuze kuri Aline na Cedric,
Kubera umwana we ntabwo bakivana Aho agiye hose muri meeting .
Gusa muriyo meeting Paul na none yari yahageze.
Yakoze kugutwi ati"byose biri muri position nkuko twabipanze ?"
Undi ati"Byose nyakubahwa"
Amaze kumva ko byose biri kumurongo yahise avanayo telephone arayatsa maze abari hanze mumodoka basohora ya Drone nawe aramgije ayihagurutsa akoreaheje phone aho yicaye muri Stade,
Nkuko mbere yabikoze yaragiye arayizamura hejuru cyane aho utayibona arangije afata target neza mumutwe wa  cedric  arangije akanda Ok drone ihita irasa !!!
.
..
.
.
Muri Os ,
Uko Nikita yakamaze umwanya arimo akora ikibazo niko Yvan yarasoje task yose mbese company amaze kuyigarurira.
Ako kanya muri company hahise havuga ubuduha bwerekana ko hari ikintu kidasanzwe kibaye muri company,
Nikita kugutwi ati"Niki kibaye ?"
Yvan"Nikita va ahongaho nonaha"
Abarimo bacunga ikibazo nabo basohotse biruka NIkita arakurikira Nabandi barakurikira.
Barimo basohoka bakubitanye  n'abasirikare bahita babazenguka bati"Mwese amaboko hejuru"
Yvan abyumvise yahise asohoka afata moto arerekera....
.
..
.
.
Muri Stade Paul amaze guhitana Cedric hahise haba akavuyo Stade yose abasirikare barayizenguruka ,
Kumuryango uwasohoka wese babanza kumusaka bakareba ko atari umugizi wa nabi,
Aline we yaraho impande y'abasirikare.
Mubasohoka dore ngo haranasohokamo na Yvan yambaye nkumumenyesha makuru yanarengejeho inkofera !!
Baramusuzuma ,gusa bakimusuzuma Aline avuga aramubonye maze nijwi rirerire ati" umwicanyi nuyo atabacika !"
Yvan yumvise bamuraburije ahita amanika amaboko nabo barazimutunga !
Gusa uko yamanitse amaboko yazamuye intoki 3 rumwe inyuma y'urundi Stade indani hahita haba guturika gukomeye bose barakangarana !!
Bagikangarika Yvan hita abona ahanyura ariruka bashaka kumurasa imodoka ya bullets proof iritambika ahita yinjira ivuga iratsimbuye ,polisi irakurikira ....
.
..
.
.
.
Muri OS company,
uko bagafukamitse abari baje gukora ikibazo bose babatse ibyo bafite byose barabisuzuma ,
DORE NGO BARABONA KO PHONE YA NIKITA ARIYO YABIKOZE NDETSE BANIBUKA NIKITA KO YAHOZE ARI UMUKOBWA WA CHAIRMAN WAHOZEHO !!😳
Nikita bahita bamufata bamubohera kuntebe batangira kumukubita baubaza uwamutumye !!
Gusa Nikita ari guhakana k nawe atazi icyabaye !!
Mr Bahe yivirayo ati" mukobwa,ndakubaza rimwe .Ninde wagutumye ?"
Nikita ntiyavuga ahubwo kubera umujinya wo kuba ariwe wishe se yamuvumye mumaso !
Bahe n'umujinya avanayo pisto aramutunga !!
Atari yakurura imbarutso kuri phone baramuhamagaye aritaba,
Kwitaba amaso yayakanuye cyane ati"uyu mujinga ndamuhitana!!"
Akivuga atyo gusa muri company hahise humvikana amasasu bivuze ngo naho baratewe !!
Kumbe ntawundi ubateye ni Yvan  winjiye na Moto kumasasu meshi 😳😳
ESE YVAN BIGENZE BITE NGO AGARAGARE AHANTU HABIRI ?

                                 ***
Uko yakinjiye arasa abari kumuryango bose yabsize hasi,
Abarangije ahita yinjira elvetor areba kuri phone aho Nikita aherereye abona ni kuri floor ya 12.
Ntakindi yakoze yakanze 12 elevetor itangira kuzamuka .
Uko izamuka we afungura hejuru arangije yurira hejuru yayo akanda kwisaha inkweto zihita zicana azamuka yihuse .
Bivuze ngo we aratanga elevetor....
Koko hejuru abasirikare bari  bayitegereje  ngo ishke,ifunguke bahita bamurangiza !!
Gusa mubyo batari biteze yahingutse inyuma yabo ahita abarasa bose ntanumwe uvuyemo !!!
Akibarangiza hari uwamukomeye amashyi ati"Uri umuhanga !"
Umusore arahindukira, NINDE?
Mr BAHE afatiye imbunda kumutwe wa Nikita !!
Bahe"Musore wanjye ndabona uburyo nagutanzeho ngutoza butapfuye ubusa.
Uri sharp kurenza uko ngukeka"
Yvan"Mr Bahe ,ibi biri hagati yanjye nawe .Reka umukobwa turangizanye"
Bahe"turangizanye?Urakeka wakica umwana wanjye ukagenda uko?"
Yvan asekamo arangije ati" Mwica ?Iyo mbona umwanya nakamurangije byihuse.
Bahe urwango mfitiye wowe n'abagukomokaho bose ntabwo nabica byoroshye uko,wankoresheje ibikorwa byawe umbesha ko uri kimfasha kumbe nawe uri kunyangiza"
Gusa uko avuga Bahe amwumviriza Yakanze kwisaha....
Arakomeza ati"Aho kumfasha wantwaye ahubwo n'Inshutinagiraga nanjye hafi kundngiza"
Bahe" Iyi si hari Boss uhemba abakozi nabwo abibyeho, umukozi  ariwe ukoraurusha bose, Umukoresha ariwe upanga buri kimwe n'uko ibikorwa bigenda byose ariko nawe ab agonba gukuraho ake.
ariko hejuru yabo hari Mastermind  uba  warakoze business yose akamenya Boss,umukoresha ndetse n'umukozi uko bazakora ndetse nuko bazishurwa"
Sasa uko akomeza kuvuga zankweto Yvan yari yambaye zatangiye kugenda zimanyaguramo ibice ariko bigenda biza kwiyambika Nikita.

                             ****
Bahe arakomeza ati"Ngewe rero murabo ndi mastermind,
Mr Lewis  ,Umukobwa we wabaye igitambo,inshuti zawe,uyu mukobwa ngiye kwicana nawe ndets n'abandi nawe urimo mwabaye ibitambo"
Akivuga Jeanne umukobwa wa Lewis Yvan atangira kurira!!
Bahe ahita aseka ati" Nuburyo ur umusore mwiza urarira ?"
Uko avuga ibyo inkweto zose zari zimaze kwiyambika NIKITA.
Yvan"Ntabwo ndi kurira,ahubwo icyo ngiye kugukorera kandi nagufataga nka papa"
Akivuga atyo zankweto zahise zaka zigurukana Nikita akibaza ibibaye Yvan aba yamugezeho amushira inkota kwizosi ati"Nakakwishe ariko nka Mastermind ukwiye kuzabona iherezo rya byose nka Mastermind nkuko ubivuga"
Inkweto zagaruye hasi Nikita zimuvaho zisubira kuri yvan arangije akumbatira umukobwa inkweto zibavana aho polisi ihagera byarangiye !!!
.
..
.
.
Sasa Yvan uko yagacitse na team ye basanze imbere igisirikare kibategereje ,
Gushaka gusubira inyuma naho basnga bagoswe hose ntaho gucikira,
Uko bakagoswe inyuma hari indi convoy yahageze maze havamo undi cedric afata micron ati"Yvan sohoka kuko ntaho uri bucikire uyu munsi akawe kashobose"
Yvan arasohoka mbese na team,Yvan nta mask yambaye mugihe abandi bose amasura yabo afutse !!
Sasa yvan uraha yarikanze😳 Kubona umuntu yirasiye arimo kuvugira imbere ye !!!
Cedric muri micron arakomeza ati"Wowe niba ushaka ko Abo bacuti bawe barokoka kura Mask"
Yvan"Ushobora kubona ko urenze ariko iteka umuntu iyo agiye kwica ategura imva ebyiri kandi umwicanyi w'umuhanga ntajya agira plan A gusa ahubwo haba na plan B.
Tuzahure ubutaha 👋"
Akivuga atyo Imodoka zabasirikare zari zizengurutse zose zahise ziturika bivuze ngo zari ziteze !!
Cedric wari inyuma nawe uguturika kwamugezeho gusa aba burwe gusa ntakintu yabaye !!
UMwotsi kuvaho yvan na team ye bo bari bagiye kare!!!........LOADING EP13
.
.
ESE KUKI YVAN ABONETSE HABIRI ?
PLAN NYEZINA IMEZE ITE ?
Utazacikwa na Ep13 yari Edouard SAFARI NKIBISANZWE BYEBYE NDABAKUNDA

Comments